in

Umukinnyi wa APR FC yongeye kwigaragaza mu buryo butangaje ubwo iyi kipe yatsindaga Musanze FC umubare w’ibitego birenze kimwe benshi bongera kwishimira igaruka rye

Umukinnyi wa APR FC yongeye kwigaragaza mu buryo butangaje ubwo iyi kipe yatsindaga Musanze FC umubare w’ibitego birenze kimwe benshi bongera kwishimira igaruka rye

Kuri uyu wa gatandatu ikipe ya APR FC na Musanze FC bakinnye umukino wa gishuti ikipe ya APR FC itsinda ibitego bigera kuri /3 byose byihereranwa n’abanyamahanga.

Ibi bitego byombi byatsinzwe na rutahizamu Victor Mbaoma, Sharaf Eldin Shaiboub ndetse na Apam Assongwe wari umaze igihe adahabwa umwanya wo gukina.

Uyu mukino wanagaragayemo abakinnyi benshi b’abanyamahanga ba APR FC harimo na Sharaf Eldin Shaiboub wabanje mu kibuga nyuma y’igihe atagaragara mu bakinnyi ba APR FC ndetse anitwara neza benshi bongera kumukunda.

 

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu nawe yajaje: Umuhanzi Chriss Eazy yagaragaye ari kubanira muburiri -AMASHUSHO

Ibyari ibyishimo bijemo amaraso! Umukinnyi wa APR akubise umutoza we amaraso arataruka -Amashusho