in

APR FC irangije umukino abakinnyi bari mu kibuga ndetse n’abafana imitima iri kubarya nk’umuntu warwaye inzoka

APR FC irangije umukino abakinnyi bari mu kibuga ndetse n’abafana imitima iri kubarya nk’umuntu warwaye inzoka

Umukino wahuzaga ikipe ya APR FC na Bugesera FC, urangiye ikipe ya APR FC ibonye intsinzi y’igitego 1-1 mu mukino iyi kipe yakinnye mu gice cya mbere icya kabiri umupira ikawushakisha itoroshi.

Iki gitego cyabonetse ku munota wa 19 gitsinzwe na Victor Mbaoma ku mupira yari ahawe neza na Ishimwe Christian nawe ntiyazuyaza ahita arangiriza mu izamu.

Nyuma mu gice cya kabiri ikipe ya APR FC yaje kubura umupira utangira gukinwa na Bugesera FC ndetse APR FC ibyo Thierry Froger yatangaje ku munsi w’ejo ko APR FC igice cya kabiri iba yarushye biragaragara cyane. Bugesera FC iza no kwishyura igitego biba 1-1.

Bugesera FC yakomeje kwataka cyane mu minota ya nyuma kugeza aho abafana ba APR FC bageze aho imitima irabarya cyane kubera ibyo Bugesera FC yari irimo gukora ndetse no kubona intsinzi byashobokaga.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Azi gutwara ifarasi! Atwaye ifarasi Muheto Divine yerekanye ko ariwe mukobwa wambere mwiza mu Rwanda

Luvumbu utazakina yari ahari! Abakinnyi ba Rayon Sports bakoze imyitozo yari iyobowe n’umutoza Mohamed Wade wasigaranye ikipe – AMAFOTO