in

APR FC idahirwa no gukina na Rayon Sports umukino wabereye mu Ntara bigiye kongera kuba! Sitade ya Kigali Pelé igiye kongera gufungwa kubera impamvu abanyamupira batajya bumva

APR FC idahirwa no gukina na Rayon Sports umukino wabereye mu Ntara bigiye kongera kuba! Sitade ya Kigali Pelé igiye kongera gufungwa kubera impamvu abanyamupira batajya bumva

Sitade ya Kigali Pelé Stadium igiye gufungwa iminsi igera ku cyumweru mu gihe irimo kuvugururwa.

Umujyi wa Kigali, wamaze kumenyesha ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda FERWAFA ko sitade ya Kigali Pelé igiye gufungwa kubera ibyo rwiyemezamirimo agiye kuvugururamo bitari byarakozwe.

Umujyi wa Kigali wasabye FERWAFA ko guhera tariki 23 kugeza 29 Ukwakira 2023, ntagikorwa na kimwe cy’umupira w’amaguru kizaba cyemerewe gukinira kuri iyi sitade ndetse no ku kibuga kiri munsi yayo.

Amakuru ahari ni uko FERWAFA nyuma yo kubona iyi baruwa, yahise yandika isaba Umujyi wa Kigali ko babafasha umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports wabanza ukaba ibi bikorwa bikegezwa inyuma gato.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yagaritswe: Ikipe y’igihugu ya Brazil yatsinzwe irushwa n’ikipe y’igihugu yari imaze imyaka 22 itazi uko intsinzi imera

Niba utaburya wahombye byinshi kandi byiza: Menya ibyiza byo kurya ubuki utasanga ahandi