in

APR FC byarangiye ibonye itsinzi aho Rayon Sports yandagarijwe

Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda igeze ku munsi wayo wa 13, usize ikipe ya APR FC iboneye itsinzi aho Rayon Sports yandagarijwe.

Ni mu mukino wabaye kuri uyu wa mbere tariki 12 Ukuboza 2022, kuri Stade Umuganda i Rubavu, ikipe ya APR FC byarangiye itsinze ikipe ya Rutsiro ibitego 2-0.

APR FC yatsinze ibifashijwemo n’abakinnyi na Yannick Bizigamira ndetse na Niyibizi Ramadhan, ni mu gihe Rayon Sports yo yandagarijwe aha i Rubavu n’ikipe ya Etincelles iyitsinda ibitego 3-2.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mario Baloteli uzwiho gufunga umutwe, yatunguye benshi nyuma y’amagambo yavuze kuri Cristiano Ronaldo

Videwo:Umugeni yakoze amarorerwa ubwo yatunguraga umugabo we akaza kubyina mu bukwe bwabo yambaye impenure