in

Andi makuru mashya ku mukinnyi Rainford uherutse gukora impanuka akajya muri Koma

Mu minsi ishize nibwo mu bitangazamakuru bitandukanye muri Africa hasakaye inkuru y’impanuka yakozwe n’umukinnyi Rainford Kalaba wa TP Mazembe bikarangira umukunzi we bari kumwe mu modoka ahita ahasiga ubuzima, Rainford we ajya muri Koma.

Amakuru mashya ahari ni uko, Rainford ameze neza, akaba ari koroherwa kuko atakiri muri koma.

Umukuru w’ibitaro bya University Teaching Hospital (UTH), uyu musore arwariyomo yagize ati: “Uyu munsi ni umunsi wa gatanu uhereye igihe Rainford Kalaba yinjiye mu bitaro bya UTH, aho akomeje kwivurirwa. Ubuzima bwe bukomeje kuba bwiza kandi ari kwitabwaho n’inzobere buhoro buhoro kandi biyemeje kumuha ubuvuzi bukenewe kugira ngo akomeze gutera imbere.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho y’inzu Umunyamakuru Irene Murindahabi asigaye abamo muri Canada yatangaje benshi -videwo

Alliah Cool yatanze ku mugaragaro ya mafaranga yemereye abana ba nyakwigendera Jay Polly