Andi makuru agezweho: Isi ikomeje kwikaragira kuri Paul Pogba ugiye kumara imyaka myinshi adakina umupira w’amaguru kubera gukoresha imiti itemewe.
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa Paul Pogba waciye mu makipe akomeye cyane ku Isi ubu akaba akinira ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani byamaze kumenyekana ko uyu mugabo ashobora kumara imyaka iri hagati 2 cyangwa 4 adakina umupira w’amaguru kubera gukoresha imiti itemewe yongera imbaraga.
Bamwe mu bantu batandukanye bagiye babazwa naya makuru gusa harimo nabavuga ko uyu mugabo yamagiye ikipe ya Manchester United ndetse ko akwiriye no gusa imbabazi umuvandimwe we Mathias.
Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kumenya ko Paul Pogba aramutse ahamwe n’icyaha cyo gukoresha imiti itemewe yamara imyaka iri hagati 2 cyangwa 4:


