in

Andi makuru agezweho: Isi ikomeje kwikaragira kuri Paul Pogba ugiye kumara imyaka myinshi adakina umupira w’amaguru kubera gukoresha imiti itemewe

Andi makuru agezweho: Isi ikomeje kwikaragira kuri Paul Pogba ugiye kumara imyaka myinshi adakina umupira w’amaguru kubera gukoresha imiti itemewe.

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa Paul Pogba waciye mu makipe akomeye cyane ku Isi ubu akaba akinira ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani byamaze kumenyekana ko uyu mugabo ashobora kumara imyaka iri hagati 2 cyangwa 4 adakina umupira w’amaguru kubera gukoresha imiti itemewe yongera imbaraga.

Bamwe mu bantu batandukanye bagiye babazwa naya makuru gusa harimo nabavuga ko uyu mugabo yamagiye ikipe ya Manchester United ndetse ko akwiriye no gusa imbabazi umuvandimwe we Mathias.

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kumenya ko Paul Pogba aramutse ahamwe n’icyaha cyo gukoresha imiti itemewe yamara imyaka iri hagati 2 cyangwa 4:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC irajwe inshinga no gusinyisha umukinnyi karundura ukomoka muri Tanzania

Urabikwiriye guhimbazwa! Indirimbo ikipe y’igihugu y’u Burundi yaraye iririmba mu isengesho bakoze yakoze ku mutima abanyarwanda ndetse n’abarundi batari bacye