in

Amayobera ni yose mu rukundo rwa Diamond na Zuchu

Nyuma y’uko nyina wa Zuchu avuze ko nta makuru afite ku rukundo rwa Zuchu na Diamond, Nyina wa Diamond uzwi nka Mama Dangote nawe yavuze ko nta rukundo azi hagati ya Diamond na Zuchu.

Ibi yabitangaje mu gihe ariwe wakabaye kuba abizi kuko ahora hafi yabo cyane.

N’ubwo abo babyeyi batangaza ibyo byose, Diamond na Zuchu ntibahwema kwitwara nk’abakunzi ndetse bagahamiriza abafana babo ko bakundana.

Dore ko mu minsi ishize ubwo bari mu bitaramo bya Wasafi Festival, Diamond Platnumz yasabye Zuchu kuzamubyarira.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntamuhanga yitabye Imana

Nta kuzuyaza Rayon Sport yeretse amarembo umutoza w’ayo