in

Amashusho y’urukozasoni ari gukiza inkumi z’i Kigali zanze kwikorera agataro

Mu gihe hari abifashisha imbuga zitandukanye bareba amakuru cyangwa bihugura, hari n’abandi basigaye bazikoreraho ibindi bikorwa twakwita iby’urukozasoni.

Kuri WhatsApp hari amatsinda abamo abakobwa bacuruza amashusho y’urukozasoni, bitewe n’ayo umukiliya wabo ashaka, akishyura amafaranga runaka ubundi akamarwa ipfa.

Iby’amashusho y’urukozasoni byari bizwi ku zindi mbuga mu myaka yashize ariko bitarakwira mu Rwanda ngo bigere ku rwego biriho ubu.

Aba bakobwa muri aya matsinda nta mishinyiko bagira, iyo umwandikiye wamubengutse umubaza ubusa, araza akakwandagaza muri ‘group’, ubundi wamara guseba ‘admin’ akakwereka umuryango.

Si abagabo gusa n’umukobwa utahuweho uburiganya ‘akurwa mu itsinda igitaraganya “kuko aba ari kutwicira isoko’’.

Ibyo byemejwe n’umukobwa uba muri ayo matsinda waganiriye na IGIHE.

Ni kimwe n’ujya kuri urwo rubuga abaza ‘umubonjyo’ na we ntabwo amaramo kabiri. Izi ngamba kandi ziba ziri no ku bakobwa babeshya abasore bakabereka amashusho y’abandi; bakurahira aho twinikaga mu kanya nk’ako guhumbya.

Iyo uganiriye na bamwe mu bakobwa baba muri aya matsinda bakubwira ko babikora kubera uburushyi kandi ko hari abafite abana bagomba kwitaho.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Tuvugishe ukuri abagabo b’imbwa babaho” AMAG-The Black avuga kuri Miss Jolly n’icyo abona cyaba cyaratumye yita bamwe mu bagabo “Inyana z’Imbwa” [videwo]

“Umugabo wange aranshyigikiye kandi arakomeye” Mutesi Scovia yasubije abibazaga icyo umugabo we akora gituma avuga amagambo nk’ayo avuga – videwo