in

Amashusho y’umwicanyi Kazungu yiregura imbere ya perezida w’urukiko amaze gusomerwa uko yicaga abantu, yanze gusaza imigeri ashyira umupira hasi maze asaba Perezida w’urukiko ko yaba umuzamu mwiza (VIDEWO)

Kazungu Denis yagejejwe imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro atangira kuburanishwa ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, aho yemereye urukiko ibyaha aregwa byo kwica urubozo abantu bagera kuri 14.

Nyuma yo gusomerwa ibyaha akurikiranweho, uburyo yabikoranaga ubugome, yanze gusaza imigeri maze yemera ibyaha.

Nyuma yahise abwira Perezida w’urukiko ko umupira awushyize mu kibuga ahubwo amusaba ko yaba umuzamu mwiza, ashaka kuvaga ko perezida w’urukiko ariwe uzafata imyanzuro ku byaha aregwa.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Danny Nanone yongeye kuregwa muri RIB akurikiranweho icyaha cyo kwiba ‘ubujura’

Uwari usigaye wo kubara inkuru nawe arapfuye! Umugabo wagwiriwe n’urukuta mu mvura yaguye i Kigali na we apfiriye kwa muganga akurikira umugore n’abana babo bo bahise bahasiga ubuzima