in ,

AMAFOTO: Amandah Darling ntibyamutwaye igihe kinini ngo yongere kujya mu rukundo bwa kabiri

Amandine wamamaye nka Amandah Darling yamaze kugaragaza umusore wo muri Uganda bari mu munyenga w’urukundo nyuma yo gutandukana na Wamukota Tom Bush babyaranye mu minsi ishize.

Amandah Darling yagiye kurukuta rwe rwa Instagram ashyiraho amafoto arikumwe n’uwo musore.

Ibyo byatunguye abakunzi be dore ko nagihe kinini cyari gishize atandukanye nu wahoze ari umugabo we banabyaranye umwana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Serumogo Ali ukomeje kwigaragambya mu ikipe ya Kiyovu Sports ashobora gusimburwa n’undi mukinnyi ufite impano idasanzwe

Meddy mwakunze ashobora guhagarika kuririmba