in

Amakuru yihutirwa kuri Mvukiyehe Juvenal wari wasezeye ku buyobozi bwa Kiyovu Sport

 

Perezida wa Kiyovu Sport Mvukiyehe Juvenal wari wasezeye kuri uyu mwanya yongeye kwemera kugaruka mu nshingano.

Ku munsi wejo hashize nibwo hasakaye ibaruwa ya Juvenal atangazwa ko yeguye kuri iyi mirimo mu ibaruwa yandikiye abayobozi bakuru ba Kiyovu sport gusa ntabwo aba bayobozi bemeye ubwegure bwe.

Mu ibaruwa yaturutse muri Baord ya kiyovu Sport uyu munsi ari nabo Juvenal yari yandikiye, iravuga ko basuzumye imbogamizi uyu mugabo yari yatanze zitumye yegura basanze bakwiye kubimufashamo ariko agakomeza imirimo yarafite muri iyi kipe.

 

 

 

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birababaje: Abashumba bateye umubyeyi bica umwana we muto w’uruhinja

Videwo:KNC mu magambo arimo uburakari yavuze ko police fc itazatsinda gasogi nubwo yatanga purime ya miliyoni