in

Amakuru meza ku muhanzi Kenny Sol ukomeje kwigarurira imitima ya benshi

Amakuru meza ku muhanzi Kenny Sol ukomeje kwigarurira imitima ya benci.

Kenny Sol uri mu bahanzi basoje umwaka bahagaze neza mu muziki w’u Rwanda, agiye gutangirana uwa 2023 akanyamuneza kuko yamaze gutumirwa mu gitaramo azakorera mu Bubiligi.

Umuyobozi wa Team Production isanzwe itegura ibitaramo bikomeye by’abahanzi b’Abanyarwanda mu Bubiligi, Justin Karekezi yasohoye ifoto yamamaza igitaramo cya Kenny Sol giteganyijwe kubera mu Bubiligi.

Ni igitaramo byitezwe ko kizaba ku wa 4 Werurwe 2022, kikazabera i Bruxelles afatanyije n’abarimo DJ Princess Flor.

Kenny Sol kugeza ubu afite indirimbo zigezweho muri iki gihe nka; Haso, Forget, Jolie, Umurego n’izindi nyinshi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Espagne nyuma yo kwirukana Luis Enrique yashyizeho umutoza mushya

Umugabo yasanze umugore we aryamanye n’undi mugabo muri hoteli intambara irarota (Video)