in

Amakuru meza cyane kuri Fofo wo muri Papa

Nyuma y’igihe Niyomubyeyi Gentile wamamaye nka FOFO avugwa mu rukundo numukunzi we, kuri ubu agiye gukora ubukwe.

Niyomubyeyi Gentille Noella akaba yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi bizwi nka [Bridal Shower] bikorerwa abakobwa bitegura kurushinga.

Fofo akaba akorewe ibi birori mbere y’iminsi mike ngo ubukwe bwe n’umuhanzi Paterne HP w’Umurundi bube dore ko buteganyijwe tariki 02 Ukwakira 2022.

Aba bombi bagiye kurushinga nyuma y’imyaka ine bamaze bakundana urukomeye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ngiyi isoko y’amavangingo umugore azana mu gihe cyo gutera akabariro

“Ndagukumbuye” Junior Giti yavuze amagambo akomeye kuri Yanga