in

Amakuru mashya kuva muri Fifa

Mu gihe fifa yari imaze iminsi ishaka amakuru ahagije kuba sifuzi bagomba gusifura imikino y’Igikombe k’isi cy’abagore, ubu fifa yamaze gutangaza abasifuzi bose bazasifura iki gikombe k’isi.

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku’Isi FIFA yemeje ko Umunyarwandakazi Mukasanga Rhadia Salima ari mu basifuzi bazayobora imikino y’Igikombe cy’Isi cy’Abagore kizabera muri Australia na New Zealand muri Nyakanga 2023.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inzoga ziramenwe karahava! Bwa mbere Rayon Sports WFC yegukanye igikombe cya Shampiyona

Mama n’umukobwa we bose barashinguye! Umukobwa ukora kuri Televiziyo y’u Rwanda uvugwa mu rukundo n’umuhanzi Christopher yerekanye umubyeyi we nawe ufite ubwiza buhebuje – AMAFOTO