in

Amakuru mashya kuri Yannick Mukunzi utari kugaragara mu kibuga

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi na Sandviken IF yo muri Sweden, Yannick Mukunzi yatangaje impamvu atakigaragara mu kibuga kuva mu kwezi gushize.

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Yannick Mukunzi yagize ati “Abantu banjye, nashakaga kubabwira ko nagize ikibazo cy’imvune mu kwezi gushize niyo mpamvu ntari mu ikipe yanjye mu mikino iheruka twagiye dukina, abantu benshi bambajije impamvu ntari gukina, impamvu ni uko ntegereje icyemezo cya nyuma cy’abaganga ariko uyu munsi bakoze igikorwa cyo kumbaga kandi cyagenze neza. Meze neza kandi Imana ni nziza igihe cyose. ⁇ ️ Ndagukunda Yesu.”

Yasoje yandika umurongo wo muri Bibiliya agira ati “Kuko tugenda tuyoborwa no kwizera, tutayoborwa n’ibyo tureba” 2 Abakorinto 5:7.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kugira imvune ikomeye Yannick Mukunzi yavuze icyo abakunzi be bakwiye kumufasha

Raissa Murungi usanzwe ari umugore w’umunyamakuru Murungi Sabin bitunguranye agize icyo atangaza ku mugabo we uri kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho ye yagiye hanze ari kurikoroza