in

Amakuru mashya ku mukinnyi Tuyisenge Pacifique wagiriye ikibazo mu mukino wahuje Rayon Sports na Musanze FC akihutanwa kwa muganga

Nyuma yo kugira ikibazo mu mukino wahuje Musanze FC na Rayon Sports, umukinnyi wa Musanze FC Tuyisenge Pacifique yahise yitabwayo ndetse ajyanwa Kwa Muganga, yaraye atashye iwe mu rugo ameze neza.

Uyu musore yari yagonganye na mugenzi we mu mukino wabaye kuri uyu wa 27 Nyakanga 2024 mu mukino wa gicuti wahuzaga Rayon Sports na Musanze FC.

Musanze FC yari yakiriye uyu mukino, warangiye itsinzwe ibitego 3-1.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Arsenal yihereranye Manchester United irayijwibura

Mu marira menshi n’agahinda, umubyeyi wa Dorimbogo yavuze ijambo rya nyuma nyakwigendera yamubwiye mbere y’uko apfa – VIDEWO