in

Amakuru mashya ku izamuka ry’ibiciro by’ibicuruzwa bikomeje kuzamuka umunsi ku munsi ku isoko

Ibiciro by’ibicuruzwa bigiye bitandukanye ku masoko bikomeje kuzamuka umunsi ku munsi haba hano mu Rwanda ndetse no hanze y’igihugu no kwisi hose muri rusange.

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, cyo cyatangaje ko izamuka ry’ibiciro ku masoko mu Rwanda ryageze kuri 20,1% mu Ukwakira 2022, bitewe n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 39,7%.

Intandaro y’iri zamuka ry’ibiciro ku masoko ni ukubera ihangana riri hagati ya Ukirene n’Uburusiya rimaze igihe kinini kirenga amezi 8 bigatuma petelori ihenda bityo n’ibicuruzwa ibiciro byabyo bikazamuka

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gareth Southgate utoza Ubwongereza yahamagaye abakinnyi 26 azajyana mu gikombe cy’Isi _Urutonde

“Senegale izakoresha n’abapfumu ariko Mané akine igikombe cy’Isi”.Amagambo y’umwe mu bayobozi ba FIFA