in

Amakuru mabi; Itegeko rya FERWAFA ntabwo ryemerera Luvumbu gukinira Rayon Sports

Umukinnyi uturuka mu gihugu cya DRC wari witezweho gufungura ikipe ya Rayon Sports Hertier Luvumbu Nzinga, amakuru ahari ni uko itegeko rya FERWAFA ritamwemerera gukina muri Shampiyona yo mu Rwanda.

Itegeko rivuga ko nta mukinnyi w’umunyamahanga wemerewe gusinyira ikipe yo mu Rwanda afite imyaka iri hejuru ya 30 cyangwa se atamaze byibuze imyaka 3 akina mu ikipe y’igihugu iwabo aho akomoka.

Amakuru ahari avuga ko Luvumbu afite imyaka 31 ndetse akaba aheruka gukina mu ikipe y’igihugu iwabo mu mwaka wa 2016 bivuze ko iri tegeko rishobora kumuzitira ntakinire Rayon Sports.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

UBUSHAKASHATSI : Abahungu banze gushaka bagira umwanda ukabije

Umwe mu bahanzikazi bakomeye muri Amerika yahagarikiwe ibikorwa kubera Amafoto ye yifotoje aryamye mu musabara yateje rwaserera