in

Amakuru atari meza kuri Apôtre Yongwe uzwiho kurya amaturo y’abakirisitu

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko bwamaze kuregera Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo dosiye ya Harerimana Joseph, uzwi nka Apôtre Yongwe, ukurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.

Ni dosiye Ubushinjacyaha bwari bwashyikirijwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha ku wa 6 Ukwakira 2023, nyuma y’iperereza ry’ibanze ku byo akurikiranyweho.

Umuvugizi w’Ubushinjacyaha, Nkusi Faustin, yabwiye IGIHE ko iyi dosiye yamaze kuregerwa Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bruce Melodie avuze ku mpanuka ya Brabus yabaye mu rukerera

Umunyamakuru uherutse kwibasira Mutesi Jolly yamaze gutabwa muri yombi