in

Amakuru atari meza ku bakunzi ba Rayon Sports na APR FC bari bafite gahunda yo kureba umukino wa ‘Super Cup’

Mu gihe habura iminsi mike ngo umukino wa ‘Super Cup’ uzahuza Rayon Sports na APR FC, hari abafana b’izi kipe bari bafite gahunda yo kureba uyu mukino gusa bikaba bitazakunda.

Nyuma y’icyumweru kimwe gusa FERWAFA ishize hanze ibiciro by’itike yo kwinjira kuri uyu mukino, ubu hari amatike yamaze gushira ku isoko.

Ubu amatike y’ahasanzwe yaguraga ibihumbi 3 ubu yamaze gushira ku isoko, andi matike nayo ari gukendera kuko hasigaye mbarwa. Bivuze ko umufana utaragura itike kureba uyu mukino bizagorana.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imana ikunda abagabo! Dore imiterere n’ikimero bya Zandile Blose wasajije abagande

Azunguza ikibuno kurusha ababizobereyemo! Umukobwa wasariye Juno Kizigenza kugeza ubwo ashyizeho akayabo ku muntu wamuhuza nawe ubu yatangiye gukora igikorwa gikurura abafana -Amashusho