in ,

Amakuru atari meza atunguranye cyane asohotse nonaha ku bukwe bwa King James ndetse atashimishije bamwe 

Hamaze iminsi havugwa amakuru ko umuhanzi Ruhumuriza James uzwi nka King James avugwa mu rukundo ndetse ayo makuru yavugaga ko uyu musore ashobora kuba afite ubukwe muri 2024.

Gusa amakuru ari kuvugwa ubu, ari kuvuga ko uyu musore ashobora kuba yasubitse ubu bukwe akabwimurira igihe kitazwi.

Amakuru akomeza avuga ko uyu musore hari ibyo agicyeneye kwiga bikaba bitamworohera gukora ubukwe vuba aha.

Aya ni amakuru avugwa hirya no hino gusa nyirubwite ntacyo arabivugaho, ku yandi makuru yagaragara muzayamenyeshwa.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yambaye nk’abashumba: Miss Uwicyeza Pamella yagiye kuragira inka mu rwuri aho yanazagaje biratinda (VIDEWO)

Bigomba kumukoraho: Umugabo w’umwarimu akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana 10 b’abahungu