in

Amakuru aravuga ko Dani Alves yiyahuriye muri gereza

(Rio de Janeiro - RJ, 07/07/2019) Presidente da República, Jair Bolsonaro, e o Presidente da Confederação Sul-Americana de Futebol (CONMEBOL), Alejandro Domínguez, durante entrega da premiação da Copa América 2019. Foto: Clauber Cleber Caetano/PR

Imbugankoranyambaga nyinshi byumwihariko X yahoze ari ‘Twitter’ ziri muzatangaje urupfu rw’umunya-Brazil Daniel Alves ko yiyahuriye muri gereza afungiyemo yo muri Esipanye.

Gusa umunyamategeko wa Daniel Alves avuga ko ibyo ari ibihuha byatangajwe n’umunyamakuru w’imikino usanzwe unzwiho ku menya amakuru yo muri Esipanye cyane witwa Marcelo Bechler.

Kandi Bechler ukorera TNT Sports na Rádio Itatiaia utuye I Barcelona muri Esipanye anzwiho kumenya amaku mbere yuko ibindi bitangazamakuru biyamenya ngo binayatangaze.

Marcelo Bechler umunyamakuru watangaje ibyo kwiyahura Kwa Daniel Alves.

Niwe munyamakuru watangaje ko Neymar azava muri FC Barcelona akerekeza muri Paris Saint Germain Kandi byarabaye yatangaje ko Daniel Alves azajya gukina mu Bufaransa birangira agiyeyo.

izi mpamvu Rero ziri muzituma amakuru batanze adapfa kwirengaginzwa nubwo kugeza ubu ntawurayatohoza neza ngo amenye ukuri.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Jaribu! Umugabo uherutse kuribwa n’imvubu ikamuca ubugabo yitabye Imana

Habaye impanuka y’imodoka itwara abagenzi hafi ya bose barakomereka umwe ahasiga ubuzima -Amafoto