in

Amakuru agezweho: Umunyamakuru Rugaju Reagan yatangaje ko ikipe yaguzwe na Mvukiyehe Juvenal wahoze ari Perezida wa Kiyovu Sports ari we uzayibera umutoza 

Amakuru agezweho: Umunyamakuru Rugaju Reagan yatangaje ko ikipe yaguzwe na Mvukiyehe Juvenal wahoze ari Perezida wa Kiyovu Sports ari we uzayibera umutoza.

Nyuma y’uko hamenyekanye amakuru avuga ko Mvukiyehe Juvenal wahoze ari Perezida w’ikipe ya Kiyovu Sports yamaze kugura ikipe ya Rugende FC ikina icyiro cya kabiri hano mu Rwanda umunyamakuru Rugaju Reagan yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko iyi kipe ariyo azatangiriramo akazi ko kuba umutoza wungirije.

Mu magambo ya Rugaju yagize ati:”Ikipe igomba kuzamuka bidatinze! Iyi niyo nzaheramo akazi ko kuba umutoza wungirije!”.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yabivuze ntacyo yikanga! Tijara Kabendera yagaragaje uruhande abogamiye ho

Agezweho muri siporo: Lionel Messi yongeye gushimangira ko akwiriye guhabwa Ballon D’or ya munani