in ,

Amakuru agezweho: Umukinnyi Bailey yasinyiye indi kipe mbere y’ifunga ry’igura n’igurishwa

Umukinnyi w’umwana ku myaka 19, rutahizamu uca ku mpande,  nyuma yo kwifuzwa n’amakipe akomeye cyane harimo nka Fc Barcelona, PSG, Bayern Munich, Liverpool, Ajax Amsterdam na Manchester United, yahisemo gusinyira ikipe ya Bayern Leverkusen kuko ariho yizeye kuzabona igihe gihagije cyo kwigaragaza, uwo ntawundi ni umunya Jamaica Leon Bailey Butler, wakiniraga ikipe ya Genk mu gihugu cy’ububiligi.

Image result for leon bailey


Uyu musore ukiri muto yasinye contract muri iyi kipe izamugeza mu mwaka wa 2022. Gusa kubera ubuhanga budasanzwe bw’uyu musore amakipe makuru amushaka ashobora kuzamwigarurira amaze kwegera mu myaka yo hejuru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nakumiss by Ds men

Ijosi by Ds men