in

Amakosa ukwiye kwirinda gukora igihe ugiye guhura n’umukobwa ukunda ku nshuro ya mbere

Hari amakosa abasore dukora ku nshuro ya mbere duhuye n’abakobwa dukunda ,kuburyo muri ako kanya umukobwa mutandukana yafashe umwanzuro ko ushobora kumubera umukunzi cyangwa se utari bwamubere umukunzi.

Niba rero ukunda umukobwa mukaba aribwo bwa mbere mugiye guhura imbona nk’ubone ,hari amakosa mato ukwiye kwirinda gukora kugirango utiyicira amahirwe yo gukundana n’umukobwa mwiza wikundiye.

  • Wivuga amagambo menshi.
  • Ntumarane nawe igihe kirekire (ku nshuro ya mbere)
  • Genda uhumura neza.
  • Ntukitabe telefone inshuro irenze imwe murikumwe.
  • Niba urikurya urye mukinyabupfura

Aho rwose uzahava umukobwa wamutsindiye 100% kuko uko witwaye ku nshuro ya mbere bigira icyo bimara ku kwemererwa urukundo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ngewe mufata nk’umwana wange”-Jux yahakanye kuba mu rukundo n’umwana wa Kajala

Hamenyekanye akayabo Rayon Sports igiye gutanga kuri rutahizamu w’igihangange bamaze kumvikana