in ,

Amagambo Zinedine Zidane atangaje ku mukinnyi we ukomeye yatunguye benshi bayumvishe(Reba hano)

Ikipe ya Real Madrid mu mugoroba ushize nibwo yatsindaga undi mukino wayo ishimangira gukomeza kuzamuka ku rutonde rwa Champiyona aho yafashe umwanya wa gatanu.Uyu mukino waranzwe no kwigaragaza gukomeye kumukinnyi Francesco Isco. Nyuma yuwo mukino nibwo Zinedine Zidane yatangarije itangazamakuru ibintu byatangaje benshi mu babyumvishe.

Nkuko ikinyamakuru Marca cyabitangaje, Zidane yagize ati:”It is just the confidence that Isco has now, He knows he is an important player with Real Madrid. He plays as you play in the street, and I like that. He does not get worried if things don’t come off. Hopefully he stays on this path, lately he is really enjoying himself on the pitch, with his teammates. I am happy that we see an Isco getting better all the time.”

Tugenekereje mu kinyarwanda Zidane yagize ati:”Ndi kwishimira icyizere gikomeye umukinnyi Isco ari kugenda yigirira muri iyi minsi. Nawe ubwe arabizi ko ari umukinnyi ukomeye ikipe yacu igenderaho. Akina mupira w’amaguru nkukinira mu muhanda kandi biriya ndabikunda cyane. Ntago agomba kugira ubwoba na buke bw’igihe azahabwa muri Real Madrid. Ndizeye ntashidikanya ko azakomeza kuguma mu kibuga  kandi agakomeza kuba umukinnyi ukomeye.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Exclusive: Umukinnyi wabiciye bigacika mu ikipe ya Arsenal yasanzwemo agakoko ka Sida

Amagambo Safi Madiba n’umukunzi we babwiwe akarishye cyane yateye benshi ubwoba (yasome hano)