in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye

Amafoto yo mu bihe bitandukanye agaragaza uburanga bwa Miss Uwicyeza Pamella wigaruriye umutima wa The Ben.

Uwicyeza Pamella ari mu bakobwa b’abanyarwandakazi bari kuvugwa cyane mu ruhando rw’imyidagaduro nyuma y’uko yegukanye umwe mu basore bifuzwaga n’inkumi nyinshi icyamamare mu muziki w’u Rwanda, ari we The Ben [Tiger B].

Mu minsi micye ishize akaba ari bwo The Ben yashyize akadomo ku nkuru zavugwaga ku bijyanye no kuba yaba yaraziritse ku katsi uyu mwana w’umokobwa watangiye amashuri abanza ubwo The Ben yarimo aca ibintu mu maza ye mu muziki mu myaka ya 2007/2008.

The Ben yamwambitse impeta y’integuza bivuze ko mu gihe kitari icya kure iyi nkumi y’uburanga, Uwicyeza Pamella izaba yihuje by’akaramata na Mugisha Benjamin (The Ben) mu birori bitegerejwe na benshi mu Rwanda no hanze yacyo.Twabateguriye amwe mu mafoto agaragaza uburanga bw’uyu mwari wigaruriye umutima wa The Ben.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ba bavandimwe Paulo, Andereya na Petero birangiye binjiye muri Convertion Center||ubwoba bwabishe(Video)

Amabanga 6 akomeye mutari muzi ku muhanzi Meddy