in

Amafoto 23 y’abakinnyi ba Rayon Sports mu myitozo yo kwitegura ikipe ya Gorilla Fc.

Mumpera z’icyumweru gishize nibwo shampiyona y’icyiro cyambere hano mu Rwanda yatangiye aho kwikubitiro Rayon Sports yacakiranye na Gasogi United.

Mumukino utari woroshye ariko ikipe ya Rayon Sports yitwaye neza itsinda Gasogi 2-1.

Kuri ubu Rayon Sports ikaba iri kwitegura umukino w’umunsi wa kabiri wa Shampiyona aho kuri iki Cyumweru izahura n’ikipe ya Gorilla Fc

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri iyi kipe ya koze imyitozo yo kubongerera imbaraga.

Iyi myitozo yitabiriwe na Rutahizamu wabo mushya Gnamien Mohaye

Imyitozo ya nyuma ya saa sita irakorerwa kuri Skol stadium (mu Nzove).

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Umukundwa wamenyekanye nka Cadette yanyuzwe no kugera mu cyumba cya Davido ndetse no kuba baragiranye ibihe byiza

Ruhango: Umugabo yasanze umugore we ari gusambana n’undi mugabo mu nzu ye yiyubakiye ni uko maze nyirigusambana ayisohokamo yambaye ubusa mu gihe nyamugore we yayisohotse ari intere bamutwaye mu maboko (AMAFOTO)