Yitwa Uwicyeza Pamella akaba ariwe mukobwa wahogoje umutima w’umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben. Ni kenshi benshi bibajije cyane ku bwiza bw’uyu mukobwq bahamya ko ashobora kuza ku mwanya wa mbere mu bakobwa beza bo mu Rwanda. Ahanini abavugaga ibi bagenderaga ku kimero ndetse n’ubwiza bugaragara inyuma bw’uyu mukobwa wanitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu mwaka wa 2019 ariko ntabwo yigeze ahirwa no kwegukana ikamba na rimwe mu yatanzwe yose. Twifuje kubakorera icyegeranyo cy’amafoto atandukanye ya Miss Pamella Uwicyeza ngo namwe mwihere amaso.
Ayo twabahitiyemo ni aya akurikira:








She beautifull