in

Amafoto: Imiterere mishya y’ikibuga cy’indege cya Bugesera kizaba icya 1 muri Africa

Imirimo yo kucyubaka yatangiye mu 2017, bigeze mu 2019 Guverinoma y’u Rwanda na Qatar Airways basinya amasezerano y’ubufatanye muri uwo mushinga wa miliyari 1.3 z’Amadolari.

cyiciro cya mbere cy’umushinga cyagombaga kurangira mu 2022, ariko hahita habamo impinduka zirimo kuvugurura igishushanyo mbonera cy’ikibuga cy’indege, bigeze hagati hinjiramo n’ibibazo bya Covid-19 byadindije imirimo, hamara igihe hakora abakozi bake.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore wari ugiye kwiyahura yarwanye inkundura n’abari bari kumubuza gusimbuka ikiraro (Videwo)

Umugabo yihaye ibyo gukata urubaho ameze nk’uri gutera akabariro ahavana imbwa yiruka (Videwo)