in

Amafoto: imijyi muri Afurika wumvisha amatwi ariko guturamo bikaba bisaba igishoro gifatika

Muri Afurika nubwo bavuga ko itari yatera imbere, hari imwe mu mujyi abantu benshi bapfa bifuza kuzageramo ariko kubera uko hahenze bikaba bitajya bipfa gukundira buri wese kuba yahagera.

Dakar, Senegal

Dakar ni Umurwa Mukuru wa Senegal, igihugu giherereye muri Afurika y’Iburengerazuba, gtuwe n’abaturage barenga miliyoni 16.

Addis Ababa, Ethiopia

Uyu Murwa Mukuru wa Ethiopia uza ku mwanya wa kabiri kuri uru rutonde rw’imijyi ihenze muri Afurika. Addis Ababa ituwe n’abarenga miliyoni eshanu.

Abidjan, Côte d’Ivoire

Umurwa Mukuru wa Cote d’Ivoire uza inyuma ya Addis Ababa,mu mijyi ihenze. Utuwe n’abantu miliyoni eshanu.

Harare, Zimbabwe

Harare ni Umurwa Mukuru wa Zimbabwe, utuwe n’abantu miliyoni ebyiri. Ikiguzi cy’ubuzima muri Harare kiri hejuru cyane kubera ko ibicuruzwa byinshi bituruka mu mahanga, nk’ibiribwa byinshi bitumizwa i Burayi cyangwa muri Amerika.

Johannesburg, Afurika y’Epfo

Johannesburg ituwe n’abantu miliyoni esheshatu, niwo mujyi uhenze cyane muri Afurika y’Epfo.

Pretoria, Afurika y’Epfo

Pretoria iza inyuma ya Johannesburg mu mijyi ihenze muri Afurika, ituwe n’abantu miliyoni ebyiri.

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bosco
Bosco
1 year ago

Mwibagiwe kongeraho Kigali

Udukingirizo tumaze gutangwa muri expo mu cyumweru kimwe turaruta abazitabira igitaramo cya The Ben

Gicumbi; umugabo yishe undi mugabo amutsinze ku mugore we