in

Amafoto : Hakizimana Muhadjiri arikumwe n’umukobwa w’ikizungerezi bicyekwa ko bari mu munyenga w’urukundo.

Tariki ya 1 Gashyantare 2024 nibwo habaga umukino wanyuma w’igikombe cy’intwari mu mukino wahuzaga ikipe ya APR FC na Police FC.

ni umukino waje kurangira ikipe ya Police FC itsinze ikipe ya APR FC ibitego bibiri kuri kimwe .

Nyuma y’umukino Hakizimana Muhadjiri yagaragaye yishimira igikombe arikumwe n’umukobwa w’ikizungerezi bicyekwa ko bari mu rukundo.

Amafoto Hakizimana Muhadjiri nuwo mukobwa.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuraperi Papa Cyangwe yasohoye urutonde rw’indirimbo 12 agiye gushyira hanze ziri kuri Album yise ‘Live and Die’

AFCON 2023: DR Congo yahannye yihanukiriye ikipe y’igihugu ya Guinea