in

Amafoto agaragaza ubwiza bw’umugore wa Ramos uri mu Rwanda

Kuri ubu, Ramos n’umugore we Pilar Rubio Fernandez bari mu ruzinduko rw’ubukerarugendo mu Rwanda, aho bari kumwe na Julian Draxler ndetse na Keylor Navas. Ni urugendo bakoze binyuze mu bufatanye bwa Visit Rwanda n’ikipe ya Paris Saint Germain.

Ramos na Rubio bafitanye abana bane kuri ubu, batangiye kugaragaza umubano ushingiye ku rukundo mu mwaka wa 2012, ubwo bombi bitabiriye ibirori byo gutanga Balon d’or byabereye Zurich mu busuwisi.

 


 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto: Uko abayislamu bizihije Irayidi

Ifoto igaragaza The Ben akiri umwana yazamuye amarangamutima y’abafana be batari bake