in

Amafoto: Abatuye umujyi wa Kigali baramukiye muri siporo isoza umwaka wa 2022

Ni siporo rusange yitabirwa n'abantu bingeri zose

Kuri iki Cyumweru tariki ya 18 Ukuboza, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ndetse n’abaturage bazindukiye muri siporo rusange ya Car Free Day, isoza umwaka wa 2022.
Ni ibintu bimenyerewe ko Abatuye umurwa mukuru w’u Rwanda Kigali ko buri kwezi byibuza bakora siporo rusange yitabirwa n’abantu bingeri zose harimo abayobozi ,abaturage ndetse n’abandi Bose batuye cyangwa bagenda Kigali.
Amafoto:

Ni siporo rusange yitabirwa n’abantu bingeri zose






Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yaciye ibintu nyuma yo kubaka inzu y’agatangaza mu macupa

Amafoto y’umubyeyi wa Bwiza akomeje kuvugisha abatari bacye bavuga ukuntu afite ubwiza nk’ubwa Bwiza umukobwa we