in

Alpha Rwirangira yavuze umubare w’abana yifuza kubyarana n’umugore we

Umuhanzi Alpha Rwirangira yahishuye umubare w’abana yifuza kubyarana n’umugore we. Ni nyuma yuko uyu muhanzi yari amaze kwifuriza umugore we isabukuru y’amavuko. Ibi Alpha yabitangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram.

Nkuko yabitangaje mu magambo ye bwite Alpha yavuze ko yifuza kubyarana n’umugore we abana barenga 100. Alpha kandi yaboneyeho umwanya wo kumwifuriza isabukuru nziza y’amavuko uko amwitaho buri munsi ndetse n’uko yita ku mwana wabo.

Ibi
Alpha Rwirangira n’umugore we
Alpha Rwirangira n’umugore we kuri ubu bafitanye umwana umwe

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamideli Kardashian yaciye ibintu i Vatican.

INKURU Y’AKABABARO: Mukeshabatware Dismas yitabye Imana