in

Aline Bijoux yiyamye abakwije ibihuha ku gutandukana kwe na Lionel.

Lionel Sentore na Aline Munezero (Bijoux)

Munezero Aline uzwi nka Bijoux wagarutsweho cyane mu binyamakuru ndetse no kumbuga nkoranyambaga,aciye ku kinyamakuru gukora hano mu Rwanda,yasubije abakwije ibihuha kugutandukana n’umugabowe Lionel bari bamaze iminsi bakoze ubukwe.

Aline yavuzeko, havuzwe amagambo menci, ariko ntago yari afite umwanya wo kwirirwa asubirikanya nabo kuko yari azi impamvu ya byose ko Kandi abo bakwije ibihuha ntacyo bahindura kubyabaye.

Akomeza kuvuga ko Kandi hari abamusebyaga, bavugako ari indaya, ko impamvu Lionel yamwanze ari uko, yamwemereye kubana nawe yishakira Visa yo kujya kwibera hanze.

Lionel nawe rero yaje mu Rwanda, avugako nubwo aje ataje kureba Bijoux, ahubwo ahageze atangazwa no kumva ko yabyaye.

Aline yatangaje ko nubwo bamusebeje cyane bavugako buriya bukwe ari (plank), ngo Kandi ko adashaka kubaka, yavuzeko mu busanzwe nta muntu wifuza gusenya urugo rwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo ni mu ijuru, dore amfoto y’umwimerere agaraza hoteli ya FERWAFA imbere n’inyuma

Kigali; bahangayikishijwe n’abajura biba imva bakazisiga zasamye imibiri iri ku musozi