in

Akumiro: yihase ibinini byongera akanyabugabo ashaka kwemeza umugore we atera akabariro kugeza ashizemo umwuka

Umugore wo mu gihugu cya Ghana yatawe muri yombi na Polisi nyuma y’aho umugabo we yitabye Imana azize gutera akabariro cyane kugira ngo amushimish ,dore ko ngo yamuhozaga ku nkeke amubwira ko ntacyo ashoboye mu buriri.

Umuntu ukoresha wa Instagram @johnnyjamjam ni we watanze aya makuru,avuga uburyo uyu mugabo yemeye kujya gushaka ibinini bitera akanyabugabo hanyuma yamara kubinywa agashaka kunezeza umugore we bikarangira ahasize ubuzima.

Uyu watanze amakuru yavuze ko uyu mugabo wahozwaga ku nkeke yanze ko umugore we yazamuca inyuma cyangwa akamusiga bityo yigira inama yo kugura ibinini.Nyuma y’urupfu rw’uyu mugabo umugore we yahise atabwa muri yombi aho ashinjwa kugira uruhare mu rupfu rw’umugabo we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“inzozi? Oya ntabwo zahindutse ziracyari zazindi” Mbappé yagaragaje akayihayiho ko kuzajya muri Madrid amaherezo

Erik Ten Hag atangiranye amatwara akaze muri Man U.