Featured
Akumiro: umukobwa wa Michael Jackson yagaragaye yambaye imyenda igaragaza igitsina cye (amafoto)
Umukobwa wa Michael Jackson witwa Paris Jackson, ku munsi w’ejo yagaragaye yambaye utwenda tugufi tugaragaza igitsina cye maze abantu benshi baratangara cyane.
Nkuko tubikesha mtonews, Paris, umukobwa wa Michael Jackson ni umwe mu byamamare bisigaye bikorera muri Australia. biravugwa cyane ko Paris aherutse gusuzugura abanyamakuru nyuma yuko bamubajije ibijyanye n’umuryango we akabasubizanya umujinya mwinshi agira ati: “Sorry, I don’t do family questions.”
