in

Akomeje kuvugisha benshi kumbuga nkoranyambaga

Umufana wa Rayon sport akomeje kuba igitaramo ku mbuga nkoranyambanga.

Uyu mufana wagaragaye ku mukino ikipe ya Rayon sport yacyinaga mo na Police fc waje kurangira amakipe yombi anganyije igitego cy’imwe kuri cy’imwe.

N’igitego cyabonetse kuruhande rwa Police fc gitsizwe n’uwahoze ari capiteni wiy’ikipe Rutanga Eric bakunda kwita (Kamotera) ndetse no kuruhande rwa Rayon sport cyatsizwe na Rudasingwa prince.

Uyu mufana yagaragaye rero yiyanditseho mu mugongo amagambo agira Ati”Warakoze Mana kuba waradukijije Masudi”.

Uyu yavugaga rero n’uwahoze ari umutoza wiy’ikipe gusa waje guhagarikwa kubera umusaruro mubi bikarangira bi muviriyemo no kwirukanwa.

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Itariki umunsi Mukuru wa Eidil-Fit’ri uzaberaho iramenyekanye

Benshi batunguwe n’ubuhanga bw’umwana uvuza ingoma bidasanzwe(Video)