in

Akibona akazi, Ben Musa wahoze muri APR FC yahise asinyisha umukinnyi wamwitwayeho neza ubwo bakoranaga muri APR FC

Akibona akazi, Ben Musa wahoze muri APR FC yahise asinyisha umukinnyi wamwitwayeho neza ubwo bakoranaga muri APR FC.

Umukinnyi w’Amavubi, MUGISHA Bonheur wakiniraga Al Ahli Tripoli yamaze gutangazwa mu yindi kipe

Yatangajwe mu ikipe ya Avenir Sportif de La Marsa mu cyiciro cya mbere muri Tunisia.

Uyu musore yagiye asangayo Umutoza we Abdessatar Ben Moussa bakoranye muri APR FC.

Iyi kipe irimo n’umutoza Guy Bukasa Wakoze hano mu Rwanda.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Subirayo nta mahwa! Umunyamakuru Uwimana Clarisse wa BB Fm Umwezi yibarutse imfura ye

Umunyamakuru ukunzwe cyane mu mikino i Kigali ntakiri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda ukundi