in

Akayabo k’amafaranga yakoreshejwe mu bukwe bwa Prince Kid na Miss Iradukunda Elsa akomeje kurikoroza 

Akayabo k’amafaranga yakoreshejwe mu bukwe bwa Prince Kid na Miss Iradukunda Elsa akomeje kurikoroza.

Mu minsi mike cyane ishize nibwo Prince Kid yashyingiranwe n’umukobwa wamutwaye umutima ariwe miss Rwanda 2017 Iradukunda Elsa.

Gusa kubera ubukwe bwabo bwari bwiza ndetse buteguye neza, abantu bakomeje kwibaza ku kayabo k’amafaranga yaba yakoreshejwe muri ubu bukwe bwabo.

Bamwe bakomeje kuvuga ko ubu bukwe bwaba bwaragiyemo angana na million 20, abandi bakavuga ko atageramo ari nka million 10 cyangwa 8, abandi nabo bakavuga ko ahubwo ashobora kuba agera muri million 25 zirenga.

Bamwe bakomeje kuvuga ko ibi atari byo ahubwo ari ugusesagura kandi haba hari n’ababuraye. Ariko abandi bakomeje kubishyigikira bavuga ko igihe uyafite uba ugomba kuyakoresha kuko aba ari ayawe.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali ayifite mu biganza bye! Umuhanzi Alyne Sano yongeye gukora ibitanga birenze ibyo amaze iminsi akora

Yaraziko nta numwe wabimukorera! Sandrine Isheja ku munsi we w’amavuko yakorewe ibintu byagatangaza n’umusore atakekaga ko yabikora mu buzima bwe -Videwo