in

Akabo kashobotse! Kigali abajura bafashwe batari barenga umutaru nyuma yo kujya bibisha amayeri adasanzwe (AMAFOTO)

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rweretse abanyamakuru itsinda ry’abantu 11 bafashwe bakurikiranyweho ubujura bwa moto na moto bagiye biba mu bihe bitandukanye mu Mujyi wa Kigali.

Aberekanywe bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Rwezamenyo mu gihe dosiye yabo irimo gutunganywa kugirango ishyikirizwe Ubushinjacyaha.

RIB irashimira Inzego zose ndetse n’Abantu batanze amakuru kugira ngo aba bantu bafatwe kandi inibutsa abantu bafite umugambi uwo ariwo wose wo gukora ibyaha ko bakwiriye kubireka kuko RIB n’izindi nzego bakomeje ubufatanye kandi badateze kudohoka mu kurwanya abo bishora mu byaha.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yaburiye mu myotsi! Wa mukobwa wagaragaye akora ibiterasoni n’umugabo mu ruhame, yaburiwe irengero

“Umwaku ni uko twasanze ntawarokotse” Abaturage batewe agahinda gakomeye n’umuryango w’abantu batanu bapfiriye rimwe kubera inkangu (VIDEWO)