in ,

Aka ni akumiro: Ikipe y’igihugu ya Zimbabwe yakoze ibintu bitigeze bibaho na rimwe mu mupira w’amaguru

ZImbabwe

Bisanzwe bimenyerewe ko mu mupira w’amaguru buri kipe yose igira umutoza umwe mukuru gusa ibyo Federation y’umupira w’amaguru mu gihugu cya Zimbabwe yakoze byasekeje benshi ndetse bituma hibazwa ku mikorere y’iri shyirahamwe.A Zimbabwe football fan

Nkuko tubikesha ikinyamakuru cya BBC biravugwako ikipe mu gihugu cya Zimbabwe, ikipe yabo y’umupira w’amaguru ifite abatoza batatu bakuru aho kugira umutoza umwe, abo batoza ni Norman Mapeza ushinzwe gushaka itike yo kuzakina igikombe cy’Afurika(CAN) akazanayitoza nibaramuka babonye itike, hakaza na Rahman Gumbo ushinzwe gushaka itike yo kuzakina igikombe cy’afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu gihugu (CHAN) nawe akazayitoza nibaramuka babonye itike, ndetse hakaza na Marimo Chidzambwa uzatoza abakinnyi bazitabira igikombe cya COSAFA. Ibi bintu aka aribyo byatangaje abantu bitewe nuko abakinnyi bazifashishwa muri aya marushanwa ari bamwe ariko bakaba bafite abatoza batatu batandukanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abana b’impanga ba Cristiano Ronaldo batumye akora agahigo kazavanwaho n’imperuka gusa(Iyumvire)

Umugabo Lionel messi yibye umukunzi yashyize hanze amagambo y’agahinda afite