in

Aje guhindura byinshi! Amakipe atangiye kwimwenyuza kubera inkuru nziza umuyobozi mushya wa Ferwafa yatangaje

Aje guhindura byinshi! Amakipe atangiye kwimwenyuza kubera inkuru nziza umuyobozi mushya wa Ferwafa yatangaje.

Mu kiganiro umuyobozi mushya wa Ferwafa Bwana Munyantwali Alphonse yagiranye na kimwe mu bitangaza makuru bya hano mu Rwanda, yagarutse ku kibazo k’ibihembo bidahagije ku makipe.

Uyu muyobozi mushya wa Ferwafa yavuze ko hagiye gukorwa ibishoboka ibihembo bihabwa amakipe bikiyongera, ndetse na makipe ahembwa nayo akiyongera.

Yagize ati”Turabizi ko ibihembo by’amakipe ari bike, tuzareba aho bishoboka tubyingere ndetse n’amakipe ahembwa muri shampiyona tuyongere”.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uburyo bushya bwo kwifotoza Davis D yadukanye i Kigali bukomeje kuba nka Virus dore ko bufite n’izina ryihariye(AMAFOTO)

Abakinnyi b’abanyampahanga bemerewe gukina hano mu Rwanda bagiye kongerwa