in

Aisha mwakunze muri Nyaxo Comedy yahuye n’uruvagusenya

Umukinnyi wa Filime nyarwanda wamenyekanye nka Aisha yahuye n’uruvagusenya yibwa telefone ye.

Uyu mukinnyi wamenyekanye cyane muri filime z’urwenya nka Nyaxo n’izindi yatangaje ko yabuze telefone.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Aisha yavuze ko yatakaje telefone ye bityo ko abantu bagiye kuba bamubuzeho gato.

Mu kugerageza kumuvugisha ngo tumenye byinshi ku ibura rya telefone ye, ntibyabashije kudukundira.

Aisha ni umukinnyi wa Filime nyarwanda akaba akunzwe n’abatari bake aho bamumenye muri Nyaxo Comedy.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
feke
feke
1 year ago

Ibaze koko nkiyi nkuru wanditse? ni ukwisebya pe.

IÑÑOÇB
IÑÑOÇB
1 year ago

Mn ibi bintu byawe (inkuru yawe) wanditse, nta professionalism irimo peuh 🙄🙄, u a now dehummanising yourself as well.

Umutoza wa Rayon Sports ntiyumva ukuntu bakomeza kumushinja kugirana ikibazo na Camara kandi akomeza kumusaba ikintu gikomeye kikaba cyaramunaniye

Dore uko warwanya imiburu iza mu gihe wogoshe ubwanwa, umusatsi, insya cyangwa incakwaha