Umukinnyi wa Filime nyarwanda wamenyekanye nka Aisha yahuye n’uruvagusenya yibwa telefone ye.
Uyu mukinnyi wamenyekanye cyane muri filime z’urwenya nka Nyaxo n’izindi yatangaje ko yabuze telefone.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Aisha yavuze ko yatakaje telefone ye bityo ko abantu bagiye kuba bamubuzeho gato.
Mu kugerageza kumuvugisha ngo tumenye byinshi ku ibura rya telefone ye, ntibyabashije kudukundira.
Aisha ni umukinnyi wa Filime nyarwanda akaba akunzwe n’abatari bake aho bamumenye muri Nyaxo Comedy.
Ibaze koko nkiyi nkuru wanditse? ni ukwisebya pe.
Mn ibi bintu byawe (inkuru yawe) wanditse, nta professionalism irimo peuh 🙄🙄, u a now dehummanising yourself as well.