in

Ahubwo n’aba mpuye n’umwaku, Yolo The Queen yabajije ikibazo aziko ari busubizanywe urugwiro ahubwo y’ukwa inabi

Ahubwo n’aba mpuye n’umwaku, Yolo The Queen yabajije ikibazo aziko ari busubizanywe urugwiro ahubwo y’ukwa inabi.

Yolo The Queen Y’utswe inabi nyuma yo kubaza bamwe mu bamukurikirana icyo bamusaba cyangwa bamubwira bagize amahirwe yo guhura na we.

Abinyujije mu butumwa bwanditse Yolo The Queen yabajije ati “Ugize amahirwe yo guhura nange niki wambwira cyangwa wansaba, mumbwire”

Nyuma yo kubazwa gutya bamwe baje bavuga ko ayo ataba ari amahirwe ahubwo waba ari umwaku, ndetse bamwe bavuze ko yiyemera kuko ngo guhura na we barumva ko nta mahirwe arimo.

Gusa hari nabakomeje kuvuga ko uyu mukobwa ufite imiterere ikurura abagabo atabaho kuko batari bamubona aho ariho hose.

Reba ibyo yasubijwe.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru yihutirwa, impinduka ku ngendo z’abanyeshuri baza mu kirihuko

Biteye ubwoba! Kano kanya habaye impanuka ikomeye cyane y’imodoka yibaranguye kugeza ishwanyanguritse