in

Aho kuvuga ahubwo ararira! Ama G The Black yavuze ku burangare bwa bamwe mubajyanye na The Ben mu Burundi

Umuraperi Ama G Rhe Black mu muziki nyarwanda, aravuga ko The Ben nk’umuntu ufite ikibazo cyamubayeho, gukomeza guceceka kuri we ari amakosa.

Kubera ko uko Abanyarwanda n’abakunda imyidagaduro bakumva ibivugwa n’abo bari kumwe bitakumvikana ari nyiri ubwite uri kubyivugira.

Ubwo yaganiraga na Jalas, Ama G The Black  yavuze ko uhereye kuri The Ben n’abandi bantu bari bajyanye na we bose I Burundi bafite amakosa ku iyibwa rye telefone ye.

Ndetse n’abashinzwe umutekano we (Bouncers) nabo bafite amakosa kuko mubyo bari bashinzwe kurinda umutekano nabyo birimo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Babikoze nka Kazungu! I Musanze, umwana na nyina bashimuse umwana w’imyaka 2 baramwica, baza gufatwa bagiye kumutaba mu mbuga aho bari bacukuye umwobo

Abatuye mu turere twose tw’Igihugu barabe maso aya masaha! Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iteganyagihe cyateguje abaturarwanda bose kubera ukuntu ikirere cyo mu Rwanda kiraba kimeze kuri uyu wa Gatatu hagati ya saa 12:00-18:00