in

Aha niho Rayon Sports yerekeje: Muri Libya imirambo yandagaye ahantu hose kuko abamaze gupfa barenga 5300 (Amafoto)

Ubu hamaze kubarurwa abantu barenga 5300 bapfuye mu gihe abandi barenga ibihumbi 10 baburiwe irengero bitewe n’imyuzure Amajyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Libya.

Mu Burasirazuba bw’Umujyi wa Derna hari uduce twatwawe n’imyuzure burundu, honyine hamaze kubarurwa abantu 6000.

Bayageze aho ibitaro byo mu Mujyi wa Derna bitagifite ubushobozi bwo kwakira abarwayi kuko n’uburuhukiro bwabyo bwuzuye burundu.

Imibiri y’abapfuye byageze aho ishyirwa hanze y’uburuhukiro kuko ntaho kuyishyira hahari. Muri iki gihugu niho Rayon Sports yari yerekeje igiye gukina na Al Hilal, gusa umukino wahise usubikwa bataragerayo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Myugariro wa APR FC yanze Nadine bari bamaranye ukwezi yisangira Aline ugisoza amashuri yisumbuye gusa amafaranga ye agiye kuyamumaraho

Amashusho y’urukozasoni y’umukobwa yashyizwe hanze n’umusore baryamanye bahuriye kuri Facebook akomeje kumwerekeza mu maboko y’ubutabera