in

Agiye kujya agendera mu kagare! Umukinnyi wa Filime wanejeje abanyarwanda, yaciwe amaguru no kwa muganga

Umukinnyi wa filime w’umunya-Nigeria John Okafor, uzwi Mr Ibu, yaciwe amaguru kubera uburwayi bwamwibasiye bwari bwaranze gukira.

Nkuko byatangajwe n’umukobwa we abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yavuze ko bafashe uyu mwanzuro ukomeye wo guca amaguru ya se nyuma y’uko abazwe inshuro zirindwi ariko ntibigire icyo bitanga, akomeza avuga ko aribwo buryo bwari busigaye bwo gutabara ubuzima bwe.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umubiri ni ubusa: Irakoze Ariella warwaye icyibyimba mu isura agikora ubukwe, yasanganywe Cancer yo ku rwego rwo hejuru

Ikilo cy’inyama y’iroti ubu n’ibihumbi 12Frb! Abakunzi b’inyama i Burundi bakomeje gutabaza bavuga ko ubu ziribwa n’abifite